Ubwo Bashar al-Assad yahirikwaga, Abanyasiriya ndetse n’amahanga bizihije. Basimbuza ibendera ry’ubutegetsi n’ibendera ryemejwe n’imitwe itavuga rumwe n’ubutegetsi.
Ibendera ry’umutuku ry’ubutegetsi risimburwa n’icyatsi kandi inyenyeri eshatu zitukura zerekana uturere dutatu twa Siriya: Aleppo, Damasiko na Deir Az Zor.
Umugore wishimiye hirikwa ry’ubutegetsi bwa al-Assad yambaye ibendera ryemejwe n’abategetsi bashya ba Siriya, mu mujyi wa kera wa Damasiko [Ammar Awad / Reuters]
Abantu bishimiye hirikwa ry’ubutegetsi bwa al-Assad bazunguza ibendera ryemejwe n’abategetsi bashya ba Siriya, mu mujyi wa kera wa Damasiko [Ammar Awad / Reuters]
Abanyasiriya muri Suwede bishimwe bazunguza ibendera ryemejwe n’abategetsi bashya ba Siriya [Jonas Ekstromer / TT News Agency]
Abantu bishimiye hirikwa ry’ubutegetsi bwa al-Assad bazunguza ibendera ryemejwe n’abategetsi bashya ba Siriya, mu mujyi wa kera wa Damasiko [Ammar Awad / Reuters]Umusanzunews.rwUmwanditsi: Alex RUKUNDO