Kongo: Ibiciro by’imodoka byaza mutse cyane, Kinshasa ya sabwe kuvugurura imihanda ya gari ya moshi
Ingamba nshya zubushakashatsi zashyizweho kugirango hanozwe urujya n’uruza rw’umuhanda mu mujyi wa Kinshasa bituma urujya n’uruza ruba ingora bahizi.
Imodoka zitwara abagenzi umunsi wose zitera abashoferi bamwe na bamwe kongera igiciro by’ingendo muri rusange bayobowe n’ubuyobozi bwigihugu, Bamwe mu bagenzi basubira mu ngo zabo n’amaguru batitaye ku birometero bari bugende.
Mu guhangana n’iki kibazo, Martin Fayulu, perezida w’ishyaka rya politiki ryita ku bwenegihugu n’iterambere, yibajije ikibazo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 12 Ugushyingo 2024, ku rukuta rwe rwa X, kugira ngo amenye “Ese koko ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bura bivugaho iki? ikiguzi cy’ingendo mu modoka muri Kinshasa no ku muhanda wa Matadi gikomeje ku gorana, Nigute dushobora gusobanura ko intera ya kilometero 20 itwara amasaha arenga 3 mu modoka?
Kuri Martin Fayulu Madidi, igisubizo cyonyine cyo gukemura iki kibazo ni ugushyiraho abayobozi bashoboye.
“Ukuri: itsinda ry’abantu badafite ubushobozi kandi bahiga, Abanyekongo bavuga ko Igisubizo cyonyine kandi kirambye ko ari ugushyiraho abayobozi bashoboye bazakemura ibibazo by’imodoka.
Bagura imihanda ya Kinshasa, bashyire amatara ku masangano y’umuhanda , gusukura imihanda, guhana abamotari ndetse cyane cyane bategura gahunda yiterambere ry’umujyi wa Kinshasa.
Ikinyamakuru Mediacongo.net dukesha y’inkuru kivuga ko ababikurikiranira byahafi bemeza ko guhagarika umuhanda mu mujyi wa Kinshasa, aribyo bitera iki kibazo cy’izamuka ry’ibiciro , guverinoma igomba kuvugurura no kubaka imihanda mishya kimwe na gari ya moshi, kugira ngo gari ya moshi yo mu mujyi ikoreshwe.
Umwanditsi: Alex RUKUNDO
