Abanyapalestine ntibashobora kubona imigati yo guha  imiryango yabo cya amahema yo kubamo

Abanyapalestine ntibashobora kubona imigati yo guha  imiryango yabo cya amahema  yo kubamo

Ababyeyi bavuga ko abana babo bayobewe niba hari inkuba cyangwa igitero cyindege, Basobanuye ko iri joro ari rimwe mu joro yari akomeye.

Ingabo za Isiraheli ntizibasiye amahema y’Abanyapalestine gusa ahubwo habaye amabwiriza n’ibujizwa ku itangwa ry’ayo mahema.

Turimo kuvuga ku mwaka urenga Abanyapalestine bimuwe bava ahantu hamwe bajya ahandi inshuro nyinshi, kandi imiryango myinshi ntabwo ifite aho kuba.

Nta myenda yo kwambara cyagwa ibikote byo kwifubika bafite mu gihe cy’itumba.

Ibintu birakomeye cyane. Abarenga kimwe cya kabiri cyabaturage ba Gaza baba mu nkambi zagateganyo zifite amahema yabayeho kuva mu itumba ryashize kandi yashaje cyane.

Bavuga ko badashobora kuzana amahema menshi kuko ahenze cyane, kandi niyo yaboneka, ntiyaba ahagije mumiryango yose.

Abanyapalestine ntibashobora kubona imigati yo guha  imiryango yabo. Abakora imigati ntabwo bakora muri iki gihe muri Gaza kubera kubura lisansi nifu y’ifarini.

Umusanzunews.rw

Alex RUKUNDO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *