Liban: Umuriro mwinshi kumuhanda wa Tel Aviv
Inama yahuje intumwa y’Amerika Amos Hochstein n’abayobozi ba Libani ahanini ireba amagambo Libani yavuze kuri gahunda yo guhagarika imirwano yatanzwe na leta zunze ubumwe za Amerika.
Minisitiri w’intebe w’agateganyo, Najib Mikati, nyuma y’ibiganiro byagarutse ku ingingo zibanze kuri Libani, ku kubungabunga ubusugire bw’igihugu, kugera ku ihagarikwa ry’imirwano no gusubiza abimuwe mu byabo.
Hochstein namara kujyera i Tel Aviv ikabona igisubizo cya Israel, abantu bose bazamenya niba hazabaho imirwano cyangwa amahoro.
Igikorwa cyo kugera ku mirwano kije mu gihe Israel ikomeje gutera ibisasu bikomeye, Beirut iraswaho inshuro nyinshi. Ikomeje gushyirwaho igitutu na Israel kugirango Abanyalibane bimuke.
Icyakora, Hezbollah ejo nuyu munsi yibasiye Israel, hashize iminota mike hari umuriro mwinshi mu muhanda ujya Tel Aviv.
Umwanditsi: Alex RUKUNDO
