Hezbollah yarashe misile ku kigo cy’ubutasi cya gisirikare cya Israel
Itsinda ryo muri Libani rivuga ko ryarashe misile mu kigo cy’ubutasi cya gisirikare cya Israel Glilot giherereye mu nkengero za Tel Aviv.
Hezbollah kandi yavuze ko yibasiye ingabo za Israel zikikije imidugudu ine yo mu majyepfo ya Libani, harimo n’umujyi wa Khiam.
Ibyo bitero bikurikira igitero cya roketi cya Hezbollah cyagambwe kuri Tel Aviv ejo cyakomerekeje byibuze abantu batandatu.
umusanzunews.rw
Umwanditsi: Alex RUKUNDO
